gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
16:00 - 16:59
Murisanga
Muri Amerika uyu munsi haraba ihererekanyabubasha hagati ya Donald Trump watorewe kuba Perezida na Joe Biden ushoje manda ye. Ihinduka ry’ubutegetsi muri Amerika rivuze iki ku buzima bw’Amerika na politiki mpuzamahanga muri rusange? Ni byo tuganiraho n’abatumirwa bacu muri Murisanga y'uyu munsi.
19:30 - 19:59
Amakuru ku Mugoroba
Perezida wa 47 w’Amerika yarahiye ati: “Jyewe, Donald J. Trump, ndahiriye ku mugaragaro ko nzakora n’umutima wanjye wose akazi ka perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, kandi ko, uko nshoboye kose, nzabungabunga, nzarengera itegeko nshinga rya Leta zunze ubumwe z’Amerika. Imana ibimfashemo.”