gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Amasezerano yo koroherezanya mu bucuruzi hagati y’Uburundi na Kongo ntarubahirizwa kuva yemejwe hashize amezi. Amerika n’ibihugu by’abarabu barakora uko bashoboye ngo Isirayeli na Hamas bahagariea intambara. Perezida w’Uburusiya yiteguye kuzumvikana na Trump mu gukemura ikibazo ke na Ukarine
Iwanyu mu ntara
Amagambo Jenerali Muhoozi Kainerugaba akoresha ku rubuga X atangiye guteza ibibazo n’ibihiugu bituranye na Uganda Abanyeshuli b’abakobwa mu Kaminuza ya Bujumbura baravuga ko kwiga bakora bibnabereye imbogamizi Mu ntara ya Cankuzo amazi yitwa ‘amashuha’ arashakishwa na benshi bavuga ko avura
Amakuru y'Akarere
Abanyeshuli b’abakobwa mu Kaminuza ya Bujumbura baravuga ko kwiga bakora bibnabereye imbogamizi Amagambo Jenerali Muhoozi Kainerugaba akoresha ku rubuga X atangiye guteza ibibazo n’ibihiugu bituranye na Uganda Mu ntara ya Cankuzo amazi yitwa ‘amashuha’ arashakishwa na benshi bavuga ko avura
Amakuru ku Mugoroba
Prezida wa Kongo, Félix Tshisekedi, yahinduye abayobozi bakomeye mu gisirikare. Guverinoma y'Amerika ishobora guhagarika imwe mu mirimo yayo kubera ko abagize inteko ishinga amategeko batabashije kumvikana ku ngengo y'imari. Abategetsi b'Amerika bari muri Siriya kubonana n'abayobozi bashasha.