gahunda y'itangazamakuru
13:00 - 13:29
Iwanyu mu ntara
Mu minsi irindwi, u Rwanda ruzaba rwibuka imyaka 30 ishize habaye jenoside yakorewe abatutsi muri 1994. Mu Burundi, ubukene buri mu makipe y’abagore y’umupira w’amaguru bushobora gutuma amwe asenyuka. Ku mugabane w’Afurika, abagore bagera kuri miliyoni 3.8 bagizweho ingaruka zo kugorora amabere.
16:00 - 16:59
Murisanga
Mu Rwanda, leta iheruka gutangira gahunda yo kuvugurura itegeko rigenga abantu n’umuryango. Uyu mushinga w’itegeko ubaye umwe mu yavuzweho cyane kubera zimwe mu ngingo ziwugize. Murisanga yabatumiriye umunyamategeko Mukashema Marie Louise wo mw'Ihuriro ry'imiryango itanga ubufasha mu by'amategeko.