gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
Perezida Trump w’Amerika yatangaje ko Uburusiya bwemera ko uburayi bwohereza ingabo kubungabunga amahoro muri Ukraine. Umutwe wa M23 waraye urekuye ingabo hafi 200 za SADC wafatiye ku rugamba. Uburayi bwemeje ko buzavugurura amasezerano bwagiranye n’u Rwanda y’ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro
Iwanyu mu ntara
RDC: Abantu 7000 bamaze guhitanwa n’intambara kuva mu kwezi kwa mbere kw'uyu mwaka. Abakozi ba leta muri Amerika bategetswe kuvuga ibintu bitanu bakoze mu cyumweru gishize Uburayi bwatangaje ko buzavugurura amasezerano bwari bwaragiranye n’u Rwanda yerekeye ubucuruzi bw’amabuye y’agaciro
Amakuru ku Mugoroba
Umushinjacyaha mukuru wa CPI, Karim Khan, araburira ko imitwe yitwaje intwaro iteza intambara muri Kongo Indwara itaramenyekana imaze kwica abantu barenga 50 mu majyaruguru ashyira uburengerazuba bwa Kongo Ingabo z’Uburundi zari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Somaliya zigiye gutaha zose