gahunda y'itangazamakuru
Amakuru mu Gitondo
U Rwanda rwahagaritse gukorana n’Ububirigi mu vy’imigambi y’ubutwererane n’iterambere. Reta zunze ubumwe z’Amerika n'Uburusiya batanguye kuganira ku kibazo c'intambara muri Ukraine. Abamaze kurwa mu bitero vy’inteko ziyonkoye kuri Reta, Rapid Support Forces, RSF, muri ino minsi itatu barenze 200.
Iwanyu mu ntara
U Rwanda rwahagaritse inkunga rwahabwa n’Ububiligi igenenewe ibikorwa by’iterambere.Uburundi n’Ububiligi bwashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu iterambere. Mu Burundi, urukiko rukuru rw’i Muha i Bujumbura rwakatiye Muganga Christophe Sahabo igifungo cy’imyaka 20 n’ihazabu iremereye cyane.
Amakuru ku Mugoroba
Umujyi wa Uvira muri Kongo umaze iminsi wumvikanamo amasasu, ku buryo bibangamiye abawutuyemwo. Abagendana virusi itera Sida, muri Kenya bagizweho ingaruka n’ihagarikwa ry'umugambi wa Amerika PEPFAR. Muri Uganda, Kizza Besigye atavuga rumwe n’ubutegetsi yitabye urukiko rwa gisivili.