Kuri uyu wa kane, byabaye ubwa mbere Hamas isubiza Isirayeli abo wafasheho ingwate ariko batakiriho. Aba barimo abana 2, batwawe na Hamas mu gitero yagabye kuri Isirayeli muri 2023. Perezida wa Isireyeli Isaac Herzog yavuze ko imitima yabo ijangaguritse, asaba n'imbabazi ko batabarengeye.