ONU Yizeye ko Intambara yo mu Burasirazuba bwa Kongo Itazakwira Akarere Kose
Ejo kuwa gatatu, akanama k’umutekano ka ONU karateranye, aho kizeye ko hari icyakorwa mu kwirinda ko intambara ibera mu burasirazuba ifata akarere kose. U Rwanda rwamaganye ibirego bya Kongo. ONU ariko yo n’ibihugu byo mu burengerezuba bishimangira ko u Rwanda rufashisha M23 ingabo n’intwaro.
Forum