Muri Kongo, urukiko rwa gisirikare rwatanze impapuro mpuzamahanga zo guta muri yombi Corneille Nangaa, uyobora ihuriro ririmo M(a)23 ku byaha by’intambara no kugambanira igihugu. Umwaka ushize, uyu yakatiwe igihano cy’urupfu adahari kubera ibyaha by’intambara.