Uko wahagera

Kugaruka ku Butegetsi kwa Trump Bifatwa nk'Amateka Atazibagirana


Kugaruka ku Butegetsi kwa Trump Bifatwa nk'Amateka Atazibagirana
please wait

No media source currently available

0:00 0:06:39 0:00

Trump wigeze kuba perezida w’Amerika, na none akaba yarongeye gutorwa yagarutse mu buryo budasanzwe mu matora yo mu 2024. Kugaruka kwa Trump ku butegetsi bw’Amerika bifatwa nk’amateka atazibagirana, ariko hari n’abandi batunguye isi muri ubu buryo n’ubwo bwose ibintu bitagendaga uko babyifuzaga.

Forum

XS
SM
MD
LG