Abanyekongo Ntibashaka ko Macron Ajya Iwabo

Your browser doesn’t support HTML5

Emmanuel Macro, perezida w’Ubufaransa ari mu ruzinduko rugamije kuzahura umubano w’igihugu cye n’ibihugu byo muri Afurika, ariko abanyekongo ntibakozwa ibyo avuga ko politike Ubufaransa bwakoreshaga muri Afurika kera zarangiye. Bamushinja gufasha umutwe wa M23.
Byitezwe ko azaba ari muri Kongo ejo kuwa gatandatu.