Trump na Macron Bemeranyije Gukorana ku Kibazo cya Ukraine nubwo hari Ibyo Batumvikanaho
Perezida Trump yakiriye mugenzi we w'Ubufaransa Macron baganira ku kibazo cy'intambara yo muri Ukraine. N'ubwo aba bategetsi hari ibyo bemeranyijwe, hari ibindi batumvikanaho nko kuba hari icyo Uburayi bwagombye kuba byarakoze mu myaka itatu ishize Uburusiya bugabye igitero kuri Ukraine.
Forum