Jimmy Carter wahoze ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, yatabarutse afite imyaka 100 y’amavuko. Umuhungu we, Chip Carter yemeje ko yaguye iwe mu rugo muri leta ta Georgia, ku mugoroba wo kuri iki cyumweru. Ni we warambye kurusha abandi bose bigeze kuba abaperezida b’Amerika.
Forum