No media source currently available
Ijwi ry’Amerika riragura imirongo ryumvikaniragaho mu bice by’uburengerazuba bw’u Rwanda. Bibaye mu gihe abaturage by’umwihariko bo muri iyi ntara bamaze igihe bagaragaza ko bakunda ibiganiro by’Ijwi ry’Amerika ariko bakababazwa nuko batumvaga ibiganiro n'amakuru byayo neza kuri FM.
Reba ibyavuzweho
Forum