Bungabunga Ubuzima:Umurwaza ni Muntu ki?Kuki Urwego rw'Uburwaza ruri Hasi Ugereranyije n'ibyo Bakora
Bisanzwe bizwi ko iyo umuntu arwaye ajya kwa muganga, agakurikiranwa n'abaganga babyigiye. Nyamara, ntabwo umurwayi aba akeneye muganga gusa, ahubwo akenera n'umurwaza. Kenshi aba ntibatabwaho. Tugiye kurebera hamwe ikirimo gukorwa hitabwa ku mibereho yabo. Turafatira urugero muri Zimbiya.
Forum