Abafana b'Umukino w'Amagare mu Rwanda Barasaba ko Abakinnyi Bitabwaho ku Buryo Bwihariye
Mu gihe mu Rwanda habera isiganwa rya Tour du Rwanda, ryatangiye ku cyumweru rigafungurwa na Perezida Paul Kagame, abafana b'uyu mukino barasaba Leta kwita ku mibereho y'abakinnyi b'abanyarwanda bikabafasha guhindura imibereho no guhangana n’abanyamahanga babigize umwuga, nabo bakagenerwa umushahara
Forum