Amerika na Ukraine biri mu masezerano ajyanye n’amabuye y’agaciro yaho. Trump avuga ko amafaranga yose Amerika yatanze ku ntambara yo muri Ukraine agomba kugaruzwa. Trump avuga kandi koakayabo ka miliyari zigera kuri 350 zahawe Ukraine byatewe n’ubutegetsi bubi bwa Perezida Joe Biden.
Forum