Uko wahagera

Serwakira Milton Yahatiye Perezida Biden Kutajya Angola


Serwakira Milton Yahatiye Perezida Biden Kutajya Angola
please wait

No media source currently available

0:00 0:01:00 0:00

Perezida Joe Biden yahagaritse urugendo yagombaga gukorera muri Angola kubera ikibazo cya serwakira yahawe izina Milton. Ntabwo hatangajwe igihe azasubukurira uru rugendo yari yarasezeranye mbere y’uko manda ye irangira.

Forum

XS
SM
MD
LG