Serwakira Milton Yahatiye Perezida Biden Kutajya Angola

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida Joe Biden yahagaritse urugendo yagombaga gukorera muri Angola kubera ikibazo cya serwakira yahawe izina Milton. Ntabwo hatangajwe igihe azasubukurira uru rugendo yari yarasezeranye mbere y’uko manda ye irangira.