Muri Kenya Abana 17 Bishwe n’Umuriro Abandi 14 Barakomereka

Your browser doesn’t support HTML5

Mu masaha y’urukerera, rwo kuri uyu wa gatanu, muri Kenya abana 17 bapfuye abandi 14 barakomereka ubwo inkongi y’umuriro yibasiraga aho barara bacumbikirwa ku ishuli rya Hillside Endarasha Academy. Ubuyobozi bwavuze ko aba bana bari mu kigero cy’imyaka hagati y’i 9 na 13.