Hamas Yavuze ko Ibitero bya Isirayeli byo ku Butaka ari byo Bisobanuye ko Intambara Itangiye
Your browser doesn’t support HTML5
Igisirikare cya Isirayeli cyasohoye videwo yerekana ibimodoka biremereye by’intambara ihanganyemo na Hamas. Isirayeli yarahiriye kurandura Hamas ariko uyu mutwe watangaje ko ubu noneho ari bwo intambara igiye gutangira. Abanyepalestina bamaze kugwa muri iyi ntambara bararenga 7400.