Hamas Yavuze ko Ibitero bya Isirayeli byo ku Butaka ari byo Bisobanuye ko Intambara Itangiye

Your browser doesn’t support HTML5

Igisirikare cya Isirayeli cyasohoye videwo yerekana ibimodoka biremereye by’intambara ihanganyemo na Hamas. Isirayeli yarahiriye kurandura Hamas ariko uyu mutwe watangaje ko ubu noneho ari bwo intambara igiye gutangira. Abanyepalestina bamaze kugwa muri iyi ntambara bararenga 7400.