Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

SADC yafashe umwanzuro wo kuvana ingabo zayo muri Kongo. Perezida Donald Trump w’Amerika arasaba imishyikirano na Irani kuri gahunda yayo ya nukiliyeri Mu Burundi abagore bakuwe mu byabo n’ihindagurika ry’ibihe mu Rumonge barasaba Leta kubabonera aho batura hakwiye.