Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Uganda iramaganira kure ibirego bya ONU biyishinja gufasha umutwe wa M23. Hagati aho imirwano yongeye kubura mu Burasirazuba bwa Kongo hagati ya FARDC na M23.Amashyaka yo mu Burundi yitegiye gute amatora ateganijwe muri icyo gihu mu myaka ya 2025 na 2027? Murabyumva muri aya makuru.