Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Ikiganiro-mpaka hagati ya Perezida w’Amerika Joe Biden na Donald Trump cyaranzwe n’ubushyamirane. Mu Burundi, hirya no hino mu ntara ibinyobwa bikorwa n’uruganda Brarudi bikomeje kuba bike. Dufite n'ikiganiro ku bagore bakora umurimo wo kwikorera imizigo ku mupaka w'u Rwanda na Kongo.