Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Ikiganiro- mpaka hagati ya Perezida w’Amerika Joe Biden na Donald Trump wahoze ari perezida cyaranzwe n’ubushyamirane.Mu Rwanda, abantu batatu baraye baguye mu mpanuka y’imodoka ubwo bajyaga kwamamaza Perezida Kagame i Huye. Mu Burundi abaturage b’i Makamba barasaba leta kubaha amashanyarazi