Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda, abanyamategeko bo mu bucamanza bakurikiranyweho ruswa baravuga ko barengana. Muri Afrika y’Epfo, Perezida Cyril Ramaphosa yatangiye manda ya kabiri uyu munsi. Naho Uburusiya na Koreya ya Ruguru amasezerano yo gutabarana igihe icyo ari cyo cyose hagize uterwa.