Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Bill Clinton wigeze kuyobora Leta zunze ubumwe z’Amerika ni we wagenwe kuzayobora intumwa z’icyo gihugu mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda.Mu Bufransa umugabo n’umugore bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe gisubitse kubera gutunga injangwe 160 n’ibwa 7