Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda, Umuyabaga Irakoze Benita w'imyaka 19 ni we yegukanye igihembo cya mbere mu marushanwa yo kuvuga imivugo. Muri Kongo, impunzi zri mu nkambi ya Bulengo ziravuga ko inkunga zihabwa n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku biribwa PAM idahagije.