Murisanga

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda minisiteri y'ubuzima iratangaza ko indwara ya Sida yongeye kuba icyorezo mu rubyiruko. Imibare ishyirwa hanze n'iyi minisiteri igaragaza ko ubwandu bushya bwa Sida bugaragarira mu rubyiruko ruri hagati y'imyaka 15 na 24. Ni byo twagarutseho muri Murisanga uyu munsi.