Abahanga mu Mategeko Baravuga Iki ku Rubanza rwa Alain Guillaume Bunyoni?

Alain Guillame Bunyoni,

Urubanza rwa Guillaume Bunyoni wahoze ari ministri w’intebe mu Burundi abacamanza barushyize mu mwiherero, rukazasomwa nyuma y’iminsi 30. Nubwo yari afite umwunganira yariburaniye.

Umushinjacyaha yamusabiye gufungwa ubuzima bwe bwose no gutangas ihazabu y’inshuro ebyiri z’amazu ye 153 n’imodoka 43

Ni rwo rubanza ruburanishijwe mu gihe gito ugereranije bw’ibyaha aregwa. Mugenzi wacu Venuste Nshimiyimana yavuganye n’impuguke mu by’amategeko

Didace Kiganahe ni umwarimu muri za Kaminuza, akaba yunganira abanda mu by’amategeko. Yigeze kandi kuba minsitiri w’ubutabera mu Burundi. Atangira avuga ku migendekere y’urubanza.

Your browser doesn’t support HTML5

Isesengura ku Rubanza rwa Alain Guillaume Bunyoni