Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Burundi, imiryangi irenga 450 yo mu ntara ya Cibitoke isabwa kwimuka, kubera ko aho iba hatagira amazi kandi hadutse ingwara ya korera. Perezida Joe Biden w’Amerika uyu munsi yasuye Isiraheli.Prezida Museveni yarahiye ko Uganda izahiga abishe abakerarugendo 2 n’umuturage wari ubayoboye