Amakuru mu Gitondo
Your browser doesn’t support HTML5
Abaturage bo mu burasirazuba bwa Kongo barasaba ingabo z’Abarundi n'iz’icyo gihugu kurwanya abamaze igihe bashimuta abantu.
Muri kongo kandi amashyirahamwe adaharanira ibya politike arasaba Dr Denis Mukwege kwiyamamariza kuba Perezida.
Inama rusange ya ONU irana muri iki cyumweru i New York