Ikibazo cy’Ubushomeri mu Rubyiruko mu Rwanda

Mu Rwanda haravugwa ikibazo cy’ubushomeri mu rubyiruko kandi abarenga miliyoni 9 ari urubyiruko rufite munsi y’imyaka 30. Ikibazo n’ukubabonera akazi. Leta yashyizeho ingamba zo kubasha kwihangira imirimo. Victoire Ingabire Umuhoza, utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda avuga ko izo ngamba zidahagije. Mu gihe isi yizihizaga uyu munsi w’uburubyiruko washyizweho na ONU.

Victoire Ingabire yavuze ko Leta y’u Rwanda ikwiye kurushaho kwita ku iterambere ry’Urubyiruko

Your browser doesn’t support HTML5

Rwanda: Iterambere ry'Urubyiruko Rigeze He?