Amakuru mu Gitondo

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Burundi Urwego rw’abanyamakuru OPB rugiye kuvugururwa nyuma y’imyaka 8 rudakora. Mu Rwanda, bamwe mu barobyi bakorera ku kiyaga cya Kivu baravuga ko bafite ikibazo cyo kubura peteroli bakoresha mu kazi. CEDEAO wanze imyaka 3 ya leta y’inzibacyuho abahiritse ubutegetsi muri Nijeri bifuza