Amakuru mu Gitondo
Your browser doesn’t support HTML5
Mu Burundi Urwego rw’abanyamakuru OPB rugiye kuvugururwa nyuma y’imyaka 8 rudakora.
Mu Rwanda, bamwe mu barobyi bakorera ku kiyaga cya Kivu baravuga ko bafite ikibazo cyo kubura peteroli bakoresha mu kazi.
CEDEAO wanze imyaka 3 ya leta y’inzibacyuho abahiritse ubutegetsi muri Nijeri bifuza