Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Abantu 8 baguye mu nkongi y’umuriro yatwitse amazu arenga 400 mu nkambi ya Mushonezo y’abateshejwe ibyabo n’imyuzure muri Kalehe ho mu ntara ya Kivu y’epfo. Gen Abdourahamane Tchiani wafashe ubutegetsi mu gihugu cya Niger yatangaje ko azasubiza ubutegetsi abasivili nyuma y’imyaka itatu.