Murisanga

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda inzego za leta zarasenye amazu y’ubucuruzi n’andi atuwemo ari hafi y’umugezi witwa Sebeya. Ni mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda ya Leta yo kwimura abaturage ahafatwa nkahashobora kwibasirwa n’ibiza . Gusa abaturage babarirwa mu magana basenyewe baranenga uburyo byakozwe.