Murisanga

Your browser doesn’t support HTML5

Buri mwaka isi yose yizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abafite ubumuga bw’uruhu. Ejo Kuwa Kabiri, hari ku ncuro ya 9 wizihizwa. Nyamara baracyakorerwa ivangura rishigiye kw’ibara ry’uruhu. Iki kibazo wowe ukibona ute aho uba?