Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Burundi Depite Agathon Rwasa aratangaza ko nta tegeko ishyaka rye ryishe mu nama ebyiri riheruka gukoresha. Leta ya Kongo yongeye gushinja u Rwanda kuyisahura isaba CPI kubikurikirana. Muri Amerika, umusore w’imyaka 19 y’amavuko akurikiranweho icyaha cyo gushaka kugirira nabi Perezida wa Amerika