Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Abarobyi bo mu mujyi wa Uvira ntibishimiye ko Tanganyika ifungwa. Imiryango mpuzamahanga yita ku buzima ivuga ko hepatite ishobora kuba icyorezo mu myaka iri imbere. Naho perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko igihe kitaragera cyo kugaba igitero kinini mu duce Uburusiya bwigaruriye.