Murisanga

Your browser doesn’t support HTML5

Muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi, abarokotse babayeyo bate? Benshi bavuga ko bugarijwe n’ibibazo byinshi birimo ubukene bukabije, indwara zidakira, ubumuga, kutagira amacumbi, ihungabana n’ibindi. Ibyo n’ibindi ni byo twibandaho mu kiganiro Murisanga.