Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Leta y'u Rwanda yategetse ko nta bagiro rizongera guha abacuruza inyama zitamaze amasaha 24 muri firigo nyuma yo kubagwa. Perezida w'Uburundi aravuga ko ashobora gukora inoti nshya kugirango abibye amafaranga y’igihugu abahombere. Koreya y’Epfo n’Ubuyapani bazakorana inama yo gutsura umubano.