Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

U Rwanda rwijihije umunsi ngarukamwaka w’Intwari z’igihugu. Muri Kongo abantu barenga miliyoni imwe bitabiriye misa yasomwe na Papa Faransisiko. Muri Guineya Equatoriale, Perezida Teodoro Obiang Nguema, yashyizeho uyu minisitiri w’intebe wa mbere w’umugore mu matekaka y’igihugu cye.