Amakuru ku Mugoroba

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Burundi, urukiko rukuru rwa Mukaza i Bujumbura rwakatiye umukenyezi wabaga mu Rwanda Floriane Irangabiye gufungwa imyaka icumi. Aregwa gukorana n’inyeshyamba. Umukuru w’igihugu cya Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, avuga ko yiteguye ibindi bitero bikomeye by’Uburusiya.