Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, arashima ubufatanye hagati y’igihugu cye n’Afurika. Ikipe y’Ubufarasa ni yo izahura na Arijantine ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’isi cy’umupira w’amaguru.