Iwanyu mu ntara

Your browser doesn’t support HTML5

Inyeshyamaba za M23 zirasaba ONU gukora iperereza ku byaha byibasiye inyoko muntu zivuga ko bikorwa n’igisirikare cya leta ya Kongo. Muri Uganda abana batandatu bo mu muryango umwe banduye Ebola. Abo bana biga mu mashuli atatu ari mu murwa mukuru Kampala.