Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Mu Rwanda uyu munsi habaye umuhango wo kwita izina abana b'ingagi 20. Uwo muhango wari ubaye ku nshuro ya 18 wabereye mu karere ka Musanze mu ntara y'amajyaruguru. mu bawitabiriye harimo Didier Drogba, ukomoka muri Cote d’Ivoire uyu akaba yaramamaye mu mupira w’amaguru.