Rwanda: Leta Irakangurira Abaturage Kwipimisha Umuvuduko w'Amaraso

Mu Rwanda, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, gisaba abaturage barengeje imyaka 35 kujya kwisuzumisha indwara y’umuvuduko w’amaraso kugirango uyisanganwe, ayivurwe hakiri kare.

Byavugiwe mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kuvura indwara y’umutima ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi mpuzamahanga w’indwara y’umuvuduko w’amaraso.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi uru i Kigali mu Rwanda yakurikiranye iyo nama ategura inkuru ikurikira.

Your browser doesn’t support HTML5

Rwanda: Abaganga Bavura Indwara z'Umutima Bateraniye i Kigali mu Nama