Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Perezida Joe Biden wa Leta zunze Ubumwe z'Amerika aravuga ko Perezida Vladimir Putin w'Uburusiya yamaze gufata icyemezo cyo gutera Ukraine. Mu ijambo Perezida Biden yavugiye muri Prezidansi y'Amerika, yavuze ko hari impamvu zo guhamya ko Perezida Vladimir Putin yamaze gufata icyo cyemezo