Amakuru y'Akarere

Your browser doesn’t support HTML5

Ingingo Zigize amakuru yo ku mugoroba: Muri Repubulika ya demokarasi ya Kongo abaturage bo mu muntara ya kivu y’epfo iri mu burasirazuba bakoze imyigarambyo yo gupinga amasezerano ari hagati y’u Rwanda na Kongo yo koheza igipolisi cy’u Rwanda gukorera mu mujyi wa Goma uri muntara ya Kivu ya Ruguru. Guverinoma ya Nijeri yafashe icyemezo cyo kwirukana ku butaka bwayo Abanyarwanda 8 umuryango w’Abibumbye woherejeyo bakuwe Arusha muri Tanzaniya Hirya no hino ku isi umubare w’abahitanywe n’umwuzure ukabije muri Brezile wazamutse. Isirayeri nayo yagabye igitero cya misile ku butaka bwa Siriya .