Mu Rwanda, AJECL Yizihije Umunsi Mpuzamahanga w'Amahoro

Mu Rwanda Umuryango urera urubyiruko rwa Mutagatifu Karoli Lwanga, AJECL mu magambo ahinnye y’igifaransa wizihije umunsi Mpuzamahanga w’amahoro.

Uyu muryango, ukangurira urubyiruko kubakira ku mateka mashya, bakirinda kugendera ku makimbirane yaranze abasekuruza babo bababanjirije.

Assumpta Kaboyi, Ijwi rya Amerika, i Kigali:

Your browser doesn’t support HTML5

Uyu muryango, ukangurira urubyiruko kubakira ku mateka mashya